Turamenyesha ko uwitwa ISHIMWE Pasteur mwene Ruhamyankaka na Nibagwire, utuye mu Mudugudu wa Cyegera , Akagarika Nyamure, Umurenge wa Muyira, Akarere ka Nyanza, mu Ntara y’Amajyepfo wanditse asaba uburenganzira bwoguhinduza amazina asanganywe ariyo ISHIMWE Pasteur, akitwa ISHIMWE Rene mu gitabo cy’irangamimerere.Impamvu atanga yo guhinduza izina ni izina nabatijwe.
INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA
- Posted On:
- Posted By: Muhawenima Elias Xavier
- Comments: 0
Muhawenima Elias Xavier
Related News
- Posted On:
- Posted By: kigali live
Abasore babiri bafatanwe amafaranga y’u Rwanda asaga miliyoni (1.185.000). Aya mafaranga birakekwa ko bari bamaze kuyiba umugore w’umucuruzi, ufite depo y’inzoga mu gasantere ka Munyinya ho mu Murenge wa Shyogwe
- Posted On:
- Posted By: kigali live
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi abantu bane barimo Paul Muvunyi, wahoze ari Umuyobozi w’Ikipe ya Rayon Sports, akaba n’umwe mu banyemari bakomeye mu gihugu. Amakuru dukesha IGIHE ni
- Posted On:
- Posted By: kigali live
Moussa Sandiana Kaba ni umugabo uzwi nka Grand P usanzwe ari n’umuririmbyi wa hip hop ufite imiterere idasanzwe,ku biro 25, ndetse uri mu urukundo n’umukobwa ufite ikibuno kidasanzwe upima ibiro
- Posted On:
- Posted By: kigali live
Kuwa 26 Ukuboza 1985,ni bwo hamenyekanye urupfu rwa Dian Fossey, Abanyarwanda bitaga Nyiramacibiri yishwe n’abantu kuri ubu bataramenyekana. Dian Fossey yari umuhanga mu by’ibinyabuzima, yamenyekanye ku bushakashatsi yakoze ku