Umwalimu umwe wo mugihugu cy’ubufaransa witwa Sylvain Helaine w’imyaka 37 yakuwe ku mirimo ye yo kwigisha nyuma y’uko ababyeyi b’abana yigishaga bagaragarije ko baterwa ubwo n’ibishushanyo uyu mwalimu yashyize ku
Abaturage bamaze igihe bazwiho kwambara neza, by’umwihariko abagize ‘Société des Ambianceurs et des Personnes Élégantes’ (SAPE), berekana ubuzima bwabo mu mafoto akubiye mu gitabo cyasohotse mu kwezi kwa kenda kitwa
Sobanukirwa inkomoko y’insigamigani ” Yaje nk’ iya Gatera “ Uyu mugani bawuca iyo hagize igikorera umuntu amarorerwa kimuguye gitumo ; ni bwo bagira Bati : « Cyaje nk’iya Gatera !»
Inkomoko y’Insigamigani: Yazize Abaswere ! Uyu mugani bawuca iyo babuze agashweshwe k’icyo umuntu yazize; nibwo babura uko babikika bagapfa kuvuga bati “Yazize abaswere. Wakomotse kuri Kiranga cya Sagashya w’i Magu
Amoko icumi y’abanyafurika bashoboye guhagarara ku muco wabo gakondo kugeza ubu Mu gihe abazungu bazaga gukoroneza Afurika,batumye ibihugu byinshi ndetse n’amoko menshi y’abanyafurika ahindura uburyo bw’imibereho ndetse ahindura byinshi mu
Imiryango yahamije ubuhangange mu mateka: Igicumbi cy’Umuryango w’Umwami Yuhi Mazimpaka Mu mateka y’abakurambere mpangarwanda, hari imiryango yagiye ihamya ibirindiro, ikavugwa cyane ku bw’ibigwi n’ibirindiro yabaga yarakoreye igihugu, hagati mu muryango
Inkomoko y’Insigamugani “ibijya gucika nkungu ibijya imbere” Uyu mugani bawuca iyo babonye ingaruka mbi ku kintu cyagizwe ibanze kitabigombaga; ni bwo bagira, bati “Ibijya gucika inkungu ibijya mbere”. Wakomotse ku
Kurasaga, imyotso, kurumika, kugombora: Uburyo gakondo bwamamaye mu kuvura indwara z’amayobera Kurumika no kurasaga, imyotso no kugombora, ni imigenzo nyarwanda yakorwaga mu buvuzi gakondo no kurinda ibyago Abanyarwanda, bityo uwabikoraga
DORE IBIBAZO 7 WAGOMBYE KUBAZA UMUKUNZI WAWE NIBA WIFUZA KO MWAZABANA Ni byiza kandi ni ingirakamaro ko wowe n’uwo mukundana mumenyana byimazeyo kandi mugomba kubwirana buri kimwe nta rwihishiro cyangwa