Umugore w’imyaka 39 yatawe muri yombi na polisi yo mu mujyi wa Millan.Uyu mugore yakoreraga kardinali Becciu umwe mu bakomeye unaherutse kwegura nyuma yo gushinjwa kunyereza umutungo wa Vatican kwa
Abakunda kujya kugura amafunguro bahise batanguranwa ayo mahirwe yo kujya kwica isari bicaye mu ndege ya Airbus A380 iparitse ku kibuga k’indege kinini mu mujyi. Nubwo igiciro cyari $496 (asaga
Ibuye ridasanzwe rya diyama rifite ‘carat’ 102 ryagurishijwe muri cyamunara kuri miliyoni $15.7 (arenga miliyoni 15Frw) mu cyo abahanga bavuze ko agaciro karenze cyane igiciro yaguzwe. Iri buye ry’agaciro ryaguzwe
Agaciro, Imbaraga z’ifaranga ni igipimo ndashidikanya cy’imbaraga z’igihugu runaka, kigaragaza uko ubukungu bwifashe, ugereranije n’ibindi bihugu byo ku isi. Ukoresheje Amadolari y’Amerika nk’igipimo. Menya amafaranga afite agaciro kurusha andi muri
Mu gihe tariki ya 27 Nzeri buri mwaka uba ari umunsi mpuzamahanga w’ubukerarugendo, Kigalilive.rw yaguteguriye ibihugu bisurwa n’A bakerarugendo benshi ku isi kurusha ibindi Iterambere, imiterere y’ibihugu n’ibyiza nyaburanga ni
“KFC”Kentucky Fried Chicken ni resitora yatangijwe n’uwitwa Colonel Sanders tariki 24 Nzeri 1952,ayitangiriza mu majyaruguru ya Corbin,Kentucky muri leta zunze ubumwe za Amerika Nkuko bigaragara ku rubuga rwa Wikipedia iyi
Coronavirus:Mu Rwanda imfashanyo z’abagizweho ingaruka na guma mu rugo ziri kugenda ziboneka Nyuma y’uko reta y’u Rwanda ifatiye umwanzuro wo gushishikariza abaturage gahunda yo ku guma mu rugo ngo hakumirwe
Coronavirus:Imfungwa nyinshi zigiye kurekurwa mu kurwanya ikwirakwizwa ry’iki cyorezo leta y’i New york igiye kurekura imfungwa nyinshi mu rwego rwo kugabanya ikwirakwizwa rya coronavirus Umuyobozi w’umujyi wa New york muri
U Rwanda ku mwanya wa Gatanu mu bihugu byiza washoramo imari mu 2020 Ikigo Rand Merchant Bank cyo muri Afurika y’Epfo kimenyerewe mu gukora ubushakashatsi mu by’ishoramari, cyagize u Rwanda
Menya byinshi ku cyerekezo 2050 aho umuturage w’u Rwanda azaba afite asaga 12.000.000frw Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Dr Uzziel Ndagijimana, yagaragaje ko kugira ngo icyerekezo 2050 kigizwe n’imyaka 30 kigerweho; bisaba
Bill Gates yisubije umwanya we nk’mukire wa mbere ku Isi ahigitse Jeff Bezos Bill Gates waherukaga kuyobora uru rutonde rw’abaherwe ku Isi mu 2017 akarukurwaho na Jeff Bezos mu 2018,
Byinshi kuri Buswayirini, umujyi ushaje utuwe n’abiyumva ko ari abasirimu Izina Buswayirini si rishya mu mitwe y’abanyarwanda kuko hashize imyaka irenga 100 rivugwa nk’igice cyatangirijwemo ubucuruzi bwa mbere mu Rwanda.