Umuhanzi w’indirimbo zihimbaza Imana akaba n’uwita kubarwayi w’umunyarwanda ariko ukorera umuziki mugihugu cya zambia Muvunyi Innocent yashyize hanze indirimbo yise “Ihumure” Mukiganiro Muvunyi innocent yagiranye na Kigalilive.rw yadutangarije ko
Umugore w’imyaka 39 yatawe muri yombi na polisi yo mu mujyi wa Millan.Uyu mugore yakoreraga kardinali Becciu umwe mu bakomeye unaherutse kwegura nyuma yo gushinjwa kunyereza umutungo wa Vatican kwa
Rihanna yasabye imbabazi avuga ko yababaje “abavandimwe b’abasilamu” kubera gukoresha indirimbo itavugwaho rumwe mu gikorwa kitwa Savage X cyo kumurika imideri ye yambaye utwenda tw’imbere. Abantu batari bake bamunenze abandi
New Melody choir bashyize hanze indirimbo nshya iri mu buryo bw’amajwi n’amashusho iri mu rurimi rw’igiswahili bemeza ko bayihimbye bagendeye ku mirongo ya bibiliya Amagambo ari muri iyi ndirimbo ugerageje
Rusatira:umupadiri yanyuranyije n’amategeko yo kurwanya COVID-19,asezeranya abageni Padiri Ngomuzungu Joseph wo muri paruwasi ya Kiruhura,yarenze ku mabwiriza ya leta yo kurwanya icyorezo cya coronavirus,asezeranya abageni Kuwa kane tariki 04 Kamena
Dore n’ibindi utari uzi,Umu papa(pope) muto wabayeho mu mateka y’isi yimitswe afite imyaka 12 Wari uziko Papa(Pope) muto wabayeho mu mateka y’isi yimitswe afite imyaka Cumi n’ibiri
Polisi y’u Rwanda yafunze Apotre Mukabadege Liliane imuziza kubeshya Polisi y’u Rwanda yafunze Apotre Mukabadege Liliane nyuma yuko abeshye ngo agiye kuri radiyo kandi yigiriye ku rusengero Apotre Mukabadege Liliane
Aline Gahongayire yanyomoje amakuru avuga ko Imana yamutumye m’Ubutaliyani gusenga ngo coronavirus ihagarare Umuhanzi uririmba indirimbo zo kuramya Imana,Aline Gahongayire aranyomoza amakuru yiriwe amuvugwaho ko Imana yamutumye m’Ubutaliyani Uyu munsi
Perezida wa Tanzaniya Magufuri ngo asanga munsengero ariho haba umuti wa nyawo wa Coronavirus Perezida wa Tanzania bwana Pombe Magufuri yatangarije abatuye iki gihugu cya Tanzania ko badakwiriye kugira ubwoba
Video n’amafoto:Gentil Misigaro na Adrien Misigaro batemberejwe Kigali mu ijoro Abahanzi b’abaramyi,Adrien Misigaro na Gentil Misigaro bageze i Kigali aho bazataramira ku itariki 08 Werurwe 2020 barakirwa banatemberezwa umujyi wa
Menya ishusho y’ukuri ya Kristu hamwe na “Orphée Bayo”,umujene uri muri Kristu Kristu niwe nzira y’ukuri n’ubugingo kandi ntawe ujya kwa data atamujyanye,menya ishush y’ukuri ya Kristu-Orphée Bayo Muri iki
Amafoto y’urusengero Gitwaza yaguze miliyoni 8 z’amadorali Nyuma y’umwaka umwe gusa Gitwaza atangije Zion temple muri leta zunze ubumwe z’Amerika yahaguze urusengero rwa miliyoni 8 z’amadorali Uru rusengero yaruguze n’umuvugabutumwa
Umuhanzi Roi G wari waraburiwe irengero agarukanye indirimbo nshya asubiza abibazaga umukunzi we ati “Ndi uwe” Irakiza Gilbert wamenyekanye nka Roi G mu ndirimbo zihimbaza Imana yashyize hanze indirimbo “NDI
Israel Mbonyi agiye gutaramira i Huye Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi agiye gutaramira abatuye umujyi wa Huye nyuma y’uko abisabwe n’abatuye muri uwo mujyi n’abahagenderera Iki
Dore umupasiteri wasuye ikuzimu akica Satani Umupasiteri wo muri Afurika y’Epfo witwa Mboro yavuze ko yageze i Kuzimu akica satani akanatangazwa no kubona abantu babayeho neza cyane hano ku isi
Amafoto:Igitaramo cya Choeur international gisoza umwaka wa 2019 cyahaye benshi ibyishimo Abaririmbyi batandukanye bagize Choeur International bakoze igitaramo cyo kwifuriza abakunzi babo Noheli nziza n’umwaka mushya muhire wa 2020 Ni
Rehoboth Ministries yasuye inasaba imbabazi Restoration church barasabana, Apotre Masasu avuga akamuri ku mutima Rehoboth Ministries iri mu myiteguro yo kwizihiza isabukuru y’imyaka 25 imaze mu murimo w’ivugabutumwa, yagiranye
Ku nshuro ya 13 Choeur International yateguye igitaramo mu gusoza uyu mwaka Choeur International de Kigali yateguye uruhisho rurimo n’indirimbo ya M’bilia Bel mu gitaramo cy’akataraboneka cyo kwizihiza iminsi
Aline Gahongayire na Danny Mutabazi batumiwe mu giterane ‘Singira ibyawe’ cyateguwe na Bishop Harerimana,inkuru ‘Singira ibyawe’ ni igiterane cyateguwe n’Itorero rya Zarephath Holy Church mu Rwanda riyobowe na Bishop Harerimana
Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wa Kigalilive,umuhanzi w’icyamamare mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana,yagize ati:”ntaho nagiye ndahari ibikorwa birahari nakoze indirimbo ebyiri(Ijambo rya nyuma,Ikamba)n’igitaramo ngarukamwaka ntegura kandi kinsigamo imvune ku
Kuri iki Cyumweru tariki 10/11/2019 ku Gisozi kuri Dove Hotel habereye igitaramo gikomeye cya Rabagirana Worship Festival cyaririmbyemo abaramyi banyuranye n’amatsinda atandukanye. El Shaddai na Anointed Band bakuriwe ingofero bitewe
Rev Karangwa Umuvugizi Wungirije wa ADEPR yatawe muri yombi Hari hashize igihe mu itorero ADEPR hatumvikanamo umwuka mubi yaba mu bakristo ndetse no mu bayobozi, gusa kuri ubu hejuru mu
Imyaka itanu irashize umuryango witwa Benekora ubayeho aho uhuriza hamwe urubyiruko rutandukanye, mu byiciro byose kugirango bahindurwe, bigishwe maze nabo bahindure abandi bakoresheje amahame y’ubwami n’ijambo ry’Imana. Ni Ku 03
ESE KOKO DUSHOBORA KWEMERA IBYO BIBILIYA IVUGA? Yego rwose! Hari nibura impamvu ebyiri: Imana yanga imibabaro n’akarengane. Zirikana uko Yehova Imana yumvise ameze igihe abagize ubwoko bwe bo mu bihe bya