umuforomokazi wo mugihugu cya Afurika y’epfo mu mujyi wa Pretoria Silidile Ntuli, akomeje gutungura benshi kubera kugaragaza imiterere y’ikibuno cye ndetse n’umubiri we . Uyu mugore usanzwe ukora akazi ko
Nubwo ukwemera kwabo kuba gutandukanye, yewe amadini yabo atemeranya n’aba krisitu kuri imwe mu minsi mikuru iba mu madini yabo, ariko ntibibuza abakinnyi batandukanye kwifatanya n’Isi yose kwizihiza Noheli, umunsi
Kwambara neza ni kimwe mu bintu bituma umuntu agaragara neza kandi bihora bishakwa na benshi, iyo bigeze ku gitsina gore ho biba akarusho kuko bazwiho gukunda kugaragara neza imbere y’ababareba.
Reba amafoto y’umugore w’umwirabura wubatse umubiri ku buryo butangaje ukomeje gutungura abatuye isi
Iris Floyd Kyle, umugore ufite amateka maremare mu guterura ibyuma biremereye na siporo ngororamubiri, yubatse umubiri ku buryo butangaje, yagiye yitabira amarushanwa akomeye atandukanye harimo Olympia Champion n’andi atandukanye. Iris
Uyu mwaka wa 2020 wabaye mubi muri rusange kubera icyorezo cya COVID-2020. Ibi byatumye abantu benshi bahindura imibereho y’ubuzima kubera gushakisha imibereho. Bamwe mu byamamare tugiye kugarukaho ni abinjiye mu
Umukobwa ufite imiterere itangaje yongeye ashavuza abagabo benshi ubwo yagaragaraga mu muhanda yikoreye akabase karimo ubunyobwa yagendaga acuruza yambaye agakanzu kagufi kamufashe. Uyu mukobwa wari wambaye akaganzu keza cyane k’ibara
Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru, RBA cyasezeye Tidjara Kabendera wari umaze imyaka 18 agikorera, kivuga ko yakoranye ubwitange n’ubushishozi mu kazi ke yubakiyemo izina, yunguka umuryango mugari wamuteye imbaraga mu bihe bitandukanye.
Icyamamare ku mbuga nkoranyambaga, Umunyamidelikazi, umunyamakuru kuri Televiziyo, Kim Kardashian yatangaje ko yifuza kohereza amadorari 500 kuri buri muntu wese wubahirije ibyo yasabye mu rwego rwo gufasha abantu 1000 bamerewe
Umuhanzikazi ukomoka muri leta zunze ubumwe z’amerika Jordin Sparks yatangaje ko mu Rwanda ariho hantu ha mbere hamunyuze kandi akunda cyane kurusha ahandi hantu hose ku isi Abicishije ku rukuta
Umuhanzi umaze kwamamara muri Muzika hano mu rwanda ndetse no mu bihugu byo hanze cyane nka Australiya aho abarizwa muri iki gihe, Dayz Nella yashyize ahagaragara indirimbo nshya yise ‘Utanielewa’
Umuhanzi w’icyamamare akaba n’impirimbanyi ya politike mu gihugu cya Uganda Robert kyaguranyi Sentamu uzwi nka Bobi wine,yatangaje ko yagewe n’abapolisi benshi iwe mu biro bye aho akorera bagatwara byinshi mu
Iyo bavuze imikino ikunzwe ndetse inarebwa n’abantu benshi ku isi uretse umupira w’amaguru abenshi batekereza umukino wa basketball .Uyu mukino waraye uhaye ibyishimo abakunzi bawo muri leta zunze ubumwe z’Amerika
Icyamamare muri muzika yo mu karere ka Afurika y’iburasirazuba Harmonize uzwi nka Konde boy yatangaje ko mbere y’uko uyu mwaka urangira arashyira hanze album nshya ya kabiri nyuma y’uko nubundi
Rihanna yasabye imbabazi avuga ko yababaje “abavandimwe b’abasilamu” kubera gukoresha indirimbo itavugwaho rumwe mu gikorwa kitwa Savage X cyo kumurika imideri ye yambaye utwenda tw’imbere. Abantu batari bake bamunenze abandi
Umuhanzi w’icyamamare David Adedeji Adeleki uzwi cyane mu muziki nka Davido yatangaje amagambo akomeye yiyama abahanzi barimo Wizkid na Burna Boy ngo bashatse kumuzimya bakamwitambika ngo adatera imbere mu gihugu
Ikibazo cya Rafiki Mazimpaka uzwi nka Rafiki gishingiye ku makimbirane yagiranye na producer Jay P biturutse ku ndirimbo “igikobwa remix” yakuwe kuri youtube bisabwe na jay p ubwe. Rafiki wamamaye
Mu mezi make cyane umwana muto w’umukobwa Zuhura Othman Soud wamamaye nka ‘Zuchu’,ubarizwa muri label ya wasafi ya Diamond Platinumuz amenyekanye, se umubyara yagaragaye mu itangazamakuru avuga ko uyu ari
Ku myaka 37, dore ko yabonye izuba kuwa 8 ukuboza 1982, Umuraperikazi w’Umunyamerika, Onika Tanya Maraj wamenyekanye nka Nicki Minaj yibarutse imfura ye n’umugabo we Kenneth Petty. Amakuru arahamya ko
Rose Muhando wari umaze igihe kirekire atagaragara cyane mu bikorwa bya muzika, yongeye kwigaragaza ari mu bikorwa byo kwamamaza Perezida John Pombe Magufuli. Bwa mbere nyuma yo kumara igihe kirekire
Usher w’imyaka 41 y’amavuko yifashishije urukuta rwe rwa Instagram, atangariza abakunzi b’umuziki we, ko we n’umukunzi we bari mu byishimo bikomeye nyuma y’uko bibarutse umwana w’umukobwa bahaye izina rya Sovereign.
Muri iyi minsi umuhanzi ushaka gucurangwa kuri bimwe mu bitangazamakuru, yegera ubuyobozi bwabyo agasinyana nabo amasezerano abaha uburenganzira busesuye bwo gucuranga ibihangano bye. Ni mugihe Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwibukije ibigo
Umuhanzi ukomeye uzwi na benshi mu muziki wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika yahishyuye byinshi ku buzima bwe benshi baratungurwa.ibi byasohotse mu gitabo aherutse gushyira hanze aho avuga byinshi abafana be
Perezida Kagame yashyize ku rukuta rwe rwa twitter ifoto ari kumwe n’umwuzukuru we anashyiraho amagambo agaragaza ubwuzu afite bwo kuba sekuru Uyu mwana wafatanye ifoto na perezida Kagame n’umwana wa
Muri iki gihe isi igezemo ifite ibibazo byinshi,hari uburwayi,akazi kenshi,kutabona umwanya uhagije n’ibindi byinshi,bimaze kugenda biboneka mu duce tumwe na tumwe tw’isi ko umwe mu bashakanye ashobora kumuca inyuma ariko
Princess Shyngle ni umunyamideli ukomoka mu gihugu cya Gambia ariko uba muri Ghana akaba ari umwe mu bakobwa bazwiho gukurura abagabo Hanoi ku mugabane w’Afurika kubera ukuntu ateye Mu minsi
Ku munsi wejo tariki ya 01 Kanama 2020 nibwo umukuru w’igihugu cy’uburundi yagaragaye yikoreye ijerekani irimo urwagwa nyuma aza kurusangira n’abaturage, ibi byabereye I Gitega muri komine Giheta,hari mu munsi
2020 ,umwaka uri kugaragara mo impinduka mu muziki nyarwanda ahanini ugendeye ku bwoko bw’ubutumwa bwumvikana mu ndirimbo ,ubwoko bw’amashusho y’indirimbo Ndetse n’ubwoko bw’injyana z’indirimbo zigezweho biri gutuma abiganje mo
Umuhanzi Big Fizzo ukomoka I Burundi yasezeranye imbere y’Imana Umuhango wo gusezerana imbere y’Imana wabaye uyu munsi kuwa gatandatu tariki 25 Nyakanga 2020,uyu muhanzi akaba yasezeranye na Edith Stein usanzwe
Amafoto yatoranijwe na kigalilive yaranze Afurika kuva tariki 17 kugeza 23 Nyakanga 2020 Iyi foto yafashwe kuwa gatatu umucuruzi wa karoti ari kuzishyira ku mifungo Mbare muri Zimbabwe Iyi foto
New Melody choir bashyize hanze indirimbo nshya iri mu buryo bw’amajwi n’amashusho iri mu rurimi rw’igiswahili bemeza ko bayihimbye bagendeye ku mirongo ya bibiliya Amagambo ari muri iyi ndirimbo ugerageje