Ikipe yo mu gihugu cya Kenya Gor Mahia fc iheruka gusezerera ikipe ya APR FC yo mu Rwanda ibintu ntago byayigendekeye neza na gahoro kuko mu mukino ubanza w’ijonjora rya
Nubwo ukwemera kwabo kuba gutandukanye, yewe amadini yabo atemeranya n’aba krisitu kuri imwe mu minsi mikuru iba mu madini yabo, ariko ntibibuza abakinnyi batandukanye kwifatanya n’Isi yose kwizihiza Noheli, umunsi
Iyo bavuze imikino ikunzwe ndetse inarebwa n’abantu benshi ku isi uretse umupira w’amaguru abenshi batekereza umukino wa basketball .Uyu mukino waraye uhaye ibyishimo abakunzi bawo muri leta zunze ubumwe z’Amerika
Ikipe ya Arsenal yamaze kwemeza ko abakinnyi bagera kuri bane batazakina imikino ya Europa League. Iyi kipe ibinyujije ku rubuga rwayo aba bakinnyi barimo Mesut Ozil, Sokratis Papastathopoulos, William Saliba
Komite y’inzibacyuho ya Rayon Sport yatangaje abafatanyibikorwa bagera kuri batatu kuri ubu bizeye ko bazakorana na bo. Mu minsi 30 komite y’inzibacyuho ya Rayon Sport iyobowe na Murenzi Abdallah yahawe,
Nyuma yuko umunyagana Thomas Partey yerekeje muri Arsenal avuye mu ikipe ya Atletico Madrid iyi kipe yahise imugenera ubutumwa bwuzuyemo uburakari. Ku munsi w’ejo hari ku munsi wa nyuma wo
Kuri uyu munsi tariki 5 Nzeri 2020 ku isaha ya saa sita z’ijoro isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi rirafunga. Hari amakipe yamaze gusinyisha abakinnyi mu gihe andi akiri mu biganiro mbere
Ku munsi w’ejo saa sita zijoro nibwo isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi ku mugabane w’I Burayi rizaba rifunze. Amakipe atandukanye yagiye yiyubaka, Manchester United yasinyishije Donny Van de Beek ukina hagati
Nyuma yuko ikipe ya Mancheste United isinyishije abakinnyi batandukanye barimo Umuholandi Van de Beek kuri ubu iyi kipe yamaze kumvikana na Ousmane Dembele wakiniraga FC Barcelona. Ousmane Dembele yerekeje mu
Nyuma ya tombora ya UEFA Champions League yabaye ku munsi w’ejo hashize, uyu munsi habaye tombora ya UEFA EUROPA LEAGUE Dore uko amatsinda ateye muri iri rushanwa: Itsinda A: Roma,
Ousmane Dembele ashobora kwerekeza muri Manchester United mbere yuko isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi rifunga tariki ya 5 Ukwakira. Nyuma yo kumara igihe kirekire ikipe ya Manchester United yifuza rutahizamu ariko
Nyuma y’iminsi itatu gusa Liverpool itsinze Arsenal ibitego 3-1 muri shampiyona, aya makipe yongeye guhurira mu gikombe cya Carabao Cup. Nyuma yuko uyu mukino wahuje aya makipe yombi urangiye ari
Umugabo ukina umupira mu batarabigize umwuga uyu munsi kuwa gatanu nibwo akina umukino wo gusezera, uza kuba ari uwa nyuma w’irushanwa akinnye ku myaka 80 afite. Peter Webster, uba ahitwa
Guhera ku isaha ya saa 17h00 nibwo muri SWITZERLAND ku kicaro cya UEFA hari hatangiye tombora ya UEFA Champions League, ndetse no gutanga ibihembo birimo umukinnyi w’umwaka, umuzamu w’umwaka, myugariro
Uyu munsi ku isaha ya saa 17h00 tombora ya UEFA Champions League iraba itangiye I Geneve muri Switzerland ku kicaro cya UEFA, amakipe atandukanye udukangara arimo twamaze kumenyekana mbere
Icyorezo COVID 19 cyatumye ibikorwa bya siporo bigwaho ingaruka mu gice cy’ubukungu. Mu rwego rwo gushyigikira amakipe mu guhangana n’iki kibazo ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi FIFA ryatanze amafaranga y’ingoboka
Mwiseneza ashimira FERWABA yari yaramugiriye icyizere cyo gutoza ikipe y’igihugu Ishyirahamwe Nyarwanda ry’umukino wa Basketball “FERWABA”, ryemeje ko ryashyizeho Henry Mwinuka, nk’umutoza wa mbere wungirije w’ikipe y’igihugu y’abagabo nkuru, asimbuye
Bayern Munich yegukanye Champions League ya 6 Ikipe ya Bayern Munich yo mu Budage, yegukanye igikombe cy’irushanwa rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo cy’uyu mwaka w’imikino wa 2019-2020, itsinze PSG
Seville yegukanye igikombe cya Europa League ku nshuro ya 6 FC Seville yegukanye igikombe cy’irushanwa rihuza amakipe yitwaye neza ku mugabane w’u Burayi “UEFA Europa League”, ku nshuro ya 6,
Shyaka Olivier yishimanye na bagenzi be ku isabukuru ye y’amavuko Shyaka Olivier, ukinira na REG BBC yishimiye kwizihizanya na bagenzi be isabukuru ye y’amavuko, ni nyuma y’uko bari basoje imyitozo.Iki
Gasogi United yasinyishije rutahizamu watsinze ibitego byinshi i Burundi Gasogi United iratangaza ko yamaze gusinyisha Iddy Muselemu, rutahizamu uyoboye abatsize ibitego byinshi muri shampiyona y’u Burundi y’umwaka wa 2019-2020. Iyi
UCL: RB Leipzig ibaye ikipe ya kabiri igeze muri 1/2 (Amafoto) RB Leipzig yo muri shampiyona y’u Budage ibaye ikipe ya kabiri, inyuma ya PSG ibashije gukatisha itike yo gukina
UCL: PSG yakoze amateka yo kongera kugera muri 1/2 byaherukaga mu 1995 Yabigezeho nyuma y’uko isezereye Atalanta yo mu Butaliyani muri 1/4, iyitsinze biyigoye ibitego 2-1. Muri uyu mukino wabereye
FERWABA igiye gushyiraho uburyo bwo kugura amatike hakoreshejwe ikoranabuhanga Ishyirahamwe Nyarwanda ry’umukino wa Basketball “FERWABA”, rigiye gushyiraho uburyo bushya bwo kugura amatike yo kwinjira ku mikino itegura hakoreshejwe ikoranabuhanga. FERWABA
Rubaduka Kenny yahawe ikaze muri APR BBC Ikipe ya APR BBC y’abagabo iratangaza ko bishimiye kwakira umukinnyi mushya, Rubaduka Kenny usanzwe wiga muri Leta zunze Ubumwe z’Amerika. Ibinyujije ku rubuga
Mukama Jean Victor yasinye mu ikipe yo mu Buholandi Umunyarwanda Mukama Jean Victor wakiniraga Hamilton Honey Badgers yo muri shampiyona ya Basketball y’ababigize umwuga mu gihugu cya Canada, yamaze gusinyira
RGB yahagaritse inzego zose zishamikiye ku muryango wa Rayon Sports Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB), rwamaze guhagarika inzego zose z’umuryango wa Rayon Sports ndetse ubuyobozi bw’iyi kipe bubuzwa guhamagaza Inteko rusange.
Kigali Arena: Bimwe mu bikorwa bya siporo yakiriye mu mwaka umwe imaze ifunguwe Tariki 9 Kanama 2019, Perezida Paul Kagame yafunguye ku mugaragaro inzu yubatswe mu buryo bugezweho iberamo imikino,
Andrea Pirlo yagizwe umutoza mushya wa Juventus Andrea Pirlo yahawe akazi ko kuba umutoza mukuru w’ikipe ya Juventus, aho yasinye amasezerano y’imyaka ibiri izamugeza tariki 30 Kamena 2022. Uyu munyabigwi
Real Madrid na Juventus zasezerewe zitageze muri 1/4 cya UEFA Champions League Real Madrid yo muri Espagne ndetse na Juventus yo mu Butaliyani ntizabashije kubona itike ya 1/4 cy’irishanwa rihuza