1. Indimu n’izindi mbuto bisangiye umuryango Imbuto zo mu muryango w’indimu zikize kuri Vitamin C ifasha umubiri kongera abasirikari bawo “White blood cells” Kubera ko umubiri wacu utayihunika ,tuyikomora mubyo
Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), watangije gahunda yo gukwirakwiza inkingo zo guhangana na COVID-19 mu bihugu byose biwugize aho Perezida wa Komisiyo ya EU, Ursula von der Leyen, yatangaje ko
Mu rwego rwo kwirinda ubucucike bwari buri muri Gare ya Nyabugogo bwashoboraga guteza ikwirirakwira rya #COVID19, Umujyi wa Kigali n’izindi nzego bafashe icyemezo cyo kwimurira aho abantu bajya mu ntara
“Uyu munsi, naganiriye na Perezida wa Kenya na we wiyemeje kwiha iminsi itatu, gusenga Imana ngo icyorezo cya Covid-19 kiranduke burundu, ndabasaba ko dufatanya n’abaturanyi bacu muri aya masengesho kugira
Perezida wa leta zunze ubumwe z’amerika Donald Trump nyuma y’uko yanduye covid 19 akajyanwa mu bitaro akavanwamo kuwa mbere w’iki cyumweru,ubu yatangiye imirimo ye nkuko bisanzwe muri white house .
Igihugu cya Singapore ni kimwe mu bihugu bifite ubukungu buhagaze neza ku isi dore ko cyakataje mu ikoranabuhanga gusa muri iki gihugu hari impungenge z’uko ababyeyi bazahagarika kubyara bitwaje kuba
Donald Trump uyobora leta zunze ubumwe z’Amerika yavuye mu bitaro mu buryo bwihuse cyane asubizwa muri white house gukomeza kuvurwa icyorezo cya coronavirus yari amaze iminsi yanduye. Trump akigera muri
Minisiteri y’ubuzima ya Uganda yavuguruye umurongo ngenderwaho mu guhangana na coronavirusi. Minisiteri y’ubuzima ya Uganda igiye kwemerera abarwayi ba Covid-19 batagaragaza ibimenyetso by’iyi ndwara gusohoka mu bitaro nta bundi bugenzuzi
Abanyeshuri barenga 300 bo muri Namibia banduye coronavirus kuva amashuri yakongera gufungurwa. Minisiteri y’ubuzima yaho yatangaje ko abenshi mu banduye ari abiga baba ku mashuri. Minisitiri w’ubuzima Kalumbi Shangula yavuze
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, Trump yemeje ko we na Melania baraye banduye COVID-19. Ni nyuma y’uko umwe mu bajyanama be, Hope Hicks, yari yamaze gusangwamo iki cyorezo.
Ni inkuru y’akababaro yakwiye ku isi hose aho mu gihugu cy’ubushinwa umusore w’imyaka 22 witwa Huang Mouyang yatawe nuri yombi na polisi azira kwica ababyeyi be bombi biturutse k’ubwumvikane buke
Urukingo rwa COVID-19 rushobora gutangira gukoreshwa mu kwezi kwa 11 Nk’uko ikigo cy’ubushinwa gishinzwe kurwanya ndetse no gukumira indwara z’ibyorezo CDC cyabitangaje ,mu makuru cyatangaje cyatanze ikizere ku itangira
Afurika y’Epfo igiye kuba igihugu cya mbere muri afurika gukora urukingo rwa Korona virusi Afurika y’Epfo ishobora kuba igihugu cya mbere muri Afurika gikoze urukingo rwa Korona virusi, ni nyuma
Abafite ubumuga: Amarushanwa y’uyu mwaka w’imikino wa 2019-2020 yasheshwe Amarushanwa atandukanye ahuza abafite ubumuga, y’uyu mwaka w’imikino wa 2019-2020, ategurwa na Komite y’Igihugu y’imikino y’abafite ubumuga “NPC Rwanda”, yamaze guseswa
Abafite ubumuga: Abahagarariye Komite z’imikino mu turere bahuguwe ku kurengera umwana no kumurinda ihohoterwa Abahagarariye Komite z’imikino y’abafite ubumuga mu turere (DPSCO) bahawe amahugurwa ku kurengera umwana no kumurinda ihohoterwa,
Tennis: Novak Djokovic nomero ya mbere ku Isi n’umugore we basanze baranduye Koronavirusi Nomero ya mbere muri Tennis, Novak Djokovic n’umugore we Jelena Djokovic basanze baranduye icyorezo cya Koronavirusi (COVID-19),
Rusatira:umupadiri yanyuranyije n’amategeko yo kurwanya COVID-19,asezeranya abageni Padiri Ngomuzungu Joseph wo muri paruwasi ya Kiruhura,yarenze ku mabwiriza ya leta yo kurwanya icyorezo cya coronavirus,asezeranya abageni Kuwa kane tariki 04 Kamena
RBC: Umuntu wa mbere wishwe na COVID-19 azashyingurwa n’abaganga nabo mu muryango we bacye. Mu kiganiro kigufi, Dr Sabin Nsanzimana uyobora RBC yagiranye n’ikinyamakuru cyandika “UMUSEKE”, yavuze ko gushyingura uriya
Abagera ku 8 muri guverinoma banduye coronavirus Abantu 8 mu bagize guverinoma ya Sudan y’epfo basanzwemo icyorezo cya COVID-19 cyangwa se coronavirus Amakuru ava muri Sudan y’epfo avuga ko ku
Amakuru ku muti Amerika yemeje nk’uvura Coronavirus nyamara wari warakorewe kuvura Ebola Ikigo gishinzwe ubuziranenge bw’ibiribwa n’imiti muri Leta zunze ubumwe z’Amerika cyashyize ahagaragara uruhushya rwo gukoresha umuti Remdevisir mu
Ingendo na bimwe mu bikorwa bizasubukurwa guhera kuwa mbere,andi mabwiriza yo kwirinda COVID-19 azaguma gukurikizwa-soma inkuru Inama y’abaminisitiri yateranye kuri uyu wa kane tariki 30 Mata 2020 iyobowe na nyakubahwa
Guinea-Minisitiri w’intebe n’abandi baminisitiri 3 basanzwemo coronavirus Minisitiri w’intebe wo mu gihugu cya Guinea-Bissau,bwana Nuno Nabiam hamwe na bagenzi be batatu basanzwemo coronavirus,Ibi byatangajwe na minisitiri w’ubuzima muri iki gihugu
Ibizamini bisoza amashuli yisumbuye muri uyu mwaka ntibizakorwa-Emeka Nwajubu Guverinoma ya Nigeria yatangaje ko ibizamini bisoza amashuli yisumbuye bitakibaye kubera icyorezo cya coronavirus Minisitiri w’uburezi muri icyo gihugu,Bwana Emeka Nwajubu
Perezida yishyize mu kato nyuma yuko umurinzi we asanzwemo coronavirus Umukuru w’igihugu cya Sierra Leone,Julius Maada Bio yishyize mu kato nyuma yuko umwe mu barinzi be asanzwemo coronavirus Nyuma yuko
Perezida wa Madagascar yamuritse umuti wa coronavirus aranawunywa Perezida uyobora Madagascar yamuritse umuti ukoze mu bimera bivugwa ko uvura coronavirus aranawunywa Nk’uko tubikesha AFP ngo uyu muti washyizwe ahagaragara na
Byinshi wamenya kuri June Almeida,umugore w’umushoferi wavumbuye ubwoko bwa mbere bwa coronavirus Umushoferi wa bisi w’umugore mu gihugu cya Scotland June Almeida niwe wavumbuye bwa mbere virus ya coronavirus yibasira
Menya ikihishe inyuma y’ifungwa rya Cyuma”umunyamakuru ukorera kuri youtube” Umunyamakuru Niyonsenga Dieudonné uzwi nka Cyuma n’umushoferi we bafunzwe na RIB Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu tariki 15 Mata
Intandaro y’ihohoterwa riri gukorerwa abanyafurika bari mu mujyi wa Guangzhou muri China Muri iyi minsi hagiye havugwa cyane ko abanyafurika baherereye mu mujyi wa Guangzou,m’Ubushinwa bari guhohoterwa ndetse
Uko coronavirus yahinduye imihango n’imyizerere yo gushyingura ku isi (Amafoto) Hirya no hino ku isi tumenyereye uburyo bugiye butandukanye bwo gushyingura mo umuntu witabye Imana , ibi dusanzwe tumenyereye harimo
Gicumbi:abantu 6 bagaragaweho ibimenyetso bya coronavirus,menya ingamba zafashwe Kuri uyu wa gatandatu tariki 11 Mata 2020 mu karere ka Gicumbi hagaragaye abantu 6 banduye coronavirus,muribo umwe yari yaragiriye ingendo