1. Indimu n’izindi mbuto bisangiye umuryango Imbuto zo mu muryango w’indimu zikize kuri Vitamin C ifasha umubiri kongera abasirikari bawo “White blood cells” Kubera ko umubiri wacu utayihunika ,tuyikomora mubyo
Urukingo rwa COVID-19 rushobora gutangira gukoreshwa mu kwezi kwa 11 Nk’uko ikigo cy’ubushinwa gishinzwe kurwanya ndetse no gukumira indwara z’ibyorezo CDC cyabitangaje ,mu makuru cyatangaje cyatanze ikizere ku itangira
Mumasaha macye abafana ama miliyoni baraba berekeje amaso ku ma televisiyo yabo bakurikiranye umukino urahuza ikipe ya Manchester United n’ikipe ya Leicester City, Uyu mukino ufite byinshi usobanuye cyane kuri
Ubwitabire bwinshi, guceceka iminota 8 n’amasegonda 46 bimwe mu byaranze gusezera bwa nyuma George Floyd kuri North Central University habereye umuhango wo gusezera bwanyuma ku muramb wa George Floyd umwirabura
Urutonde rw’abakinnyi binjije agatubutse kuri Instagram mu gihe cya coronavirus ruyobowe na Christiano Rutahizamu ubu ukinira ikipe ya Juventus Juventus n’ikipe y’igihugu ya Porutugali, Cristiano Ronaldo niwe uyoboye urutonde rw’abakinnyi
Amafoto 7 y’ibihe byose afite byinshi asobanuye kandi ababaje cyane kurusha andi ku isi 1.Iterabwoba ry’intambara 2.umu monk witwikiye mu muhanda 3.Umwana wishwe n’inzara 4.Ifunguro rya sasita mu kirere 5.Tank
Inzira y’umusaraba Ntawurikura Mathias umunyarwanda umwe rukumbi witabiriye imikino olempike inshuro 5 zose yanyuze mo(video) Muri iki gihe cy’iminsi 100 Twibuka ku nshuro ya 26 genoside yakorewe abatutsi muri mata
Byinshi wamenya kuri George Floyd wapfuye atakamba umupolisi yanze ku mwumva George Floyd yavukiye mu mujyi wa Houston muri reta zunze ubumwe z’Amerika Yarangije amashuri yisumbuye kukigo kitwa Jack Yates
Inzige,Imvura idasanzwe,Coronavirus,bimwe mu bibazo byibasiye aka karere duherereye mo Kuva uyu mwaka wa 2020 watangira Afurika n’Isi muri rusange byagiye bihura n’ibibazo bigiye bitandukanye,by’umwihariko Afurika y’Uburasirazuba ari nako karere u
Amakuru ku muti Amerika yemeje nk’uvura Coronavirus nyamara wari warakorewe kuvura Ebola Ikigo gishinzwe ubuziranenge bw’ibiribwa n’imiti muri Leta zunze ubumwe z’Amerika cyashyize ahagaragara uruhushya rwo gukoresha umuti Remdevisir mu
Byinshi wamenya ku bagabo 4 babyinana isanduku bashyinguramo baciye ibintu hirya no hino ku isi Hashize igihe kitari kinini hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga nka Instagram,Facebook,Whatsap ndetse na Tik
Perezida wa Madagascar yamuritse umuti wa coronavirus aranawunywa Perezida uyobora Madagascar yamuritse umuti ukoze mu bimera bivugwa ko uvura coronavirus aranawunywa Nk’uko tubikesha AFP ngo uyu muti washyizwe ahagaragara na
Coronavirus: Trump mu nzira zo guhagarika by’agateganyo kwimukira muri Amerika Perezida w’Amerika bwana Donald Trump yatangaje ko atazazuyaza mu gusinya itegeko ribuza by’agateganyo abimukira muri USA Leta zunze ubumwe z’amerika
Uganda:Ingorofani yifashishijwe mu kugeza umurwayi kwa muganga Uganda hagaragaye ifoto y’umugabo ari gusunika umugore ku ngorofani y’ibiti,nkuko tubikesha ikinyamakuru cyo muri Uganda cyitwa Daily Monitor uyu mugabo ngo akaba yarajyanye
Uko coronavirus yahinduye imihango n’imyizerere yo gushyingura ku isi (Amafoto) Hirya no hino ku isi tumenyereye uburyo bugiye butandukanye bwo gushyingura mo umuntu witabye Imana , ibi dusanzwe tumenyereye harimo
Coronavirus: Amerika ikomeje kuza ku isonga mu gupfusha abantu benshi ku munsi 1 Amerika ikomeje kuza ku isonga mu gupfusha abantu benshi ku munsi bazize coronavirus ,tariki 11/mata/2020 imibare iragaragaza
Umujyi wa Kigali wanyomoje amakuru yo gucyura abantu babishaka mu ntara Ku munsi w’ejo tariki 10/mata/2020 hiriwe hacicikana amatangazo asaba abantu kwiyandikisha mu midugudu batuye mo maze bagahabwa imodoka zibacyura
Dr Tedros umunya Ethiopia uyobora OMS yatangaje ko adatewe ubwo n’ivanguraruhu riri kumukorerwa Umuyobozi w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS), Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus,ukomoka muri Afurika mu gihugu cya
Coronavirus:Amerika ku isonga mu gupfusha abantu benshi mu masaha 24 Abantu 1700 bahitanywe n’icyorezo cya coronavirus mu masaha 24 gusa muri leta z’unze ubumwe z’Amerika ,iki gihugu kiri mubiri kuza
Hagiye kugeragezwa uburyo bwo kuvura coronavirus hifashishijwe gusimbuza amaraso Icyorezo cya coronavirus kuva cyagaragara bwa mbere mu gihugu cy’ubushinwa ndetse kikagenda gikwirakwira hirya no hino mu bihugu ku isi ,kugeza
Coronavirus:Abageni batawe muri yombi bazira kutubahiriza amabwiriza mu mpera y’icyumweru gishize Polisi y’Afurika y’epfo yataye muri yombi abageni n’abashyitsi babo bose bashinjwa kurenga ku mabwiriza ya coronavirus ari kugenderwa ho
17 bakekwaho gukora ubujura bwo Kuri Mobile Money batawe muri yombi Mukarere ka Rusizi urwego rushinzwe ubugenzacyaha rwa RIB rwamaze guta muri yombi abantu 17 bakekwaho gukorera ububjura kuri telephone
Polisi y’u Rwanda yafunze Apotre Mukabadege Liliane imuziza kubeshya Polisi y’u Rwanda yafunze Apotre Mukabadege Liliane nyuma yuko abeshye ngo agiye kuri radiyo kandi yigiriye ku rusengero Apotre Mukabadege Liliane
Dj Miller yitabye Imana Karuranga Virgile wamamaye nka Dj Miller yitabye Imana kuri iki cyumweru azize uburwayi Kuri iki cyumweru tariki 05 Mata 2020 nibwo inkuru y’incamugongo yakwirakwiye ku mbuga
Coronavirus: mu Rwanda Abantu 4 bakize bagiye gusubizwa mu miryango yabo Nyuma y’uko ku itariki 14-werurwe-2020 ku butaka bw’u Rwanda hagaragaye umurwayi wa mbere wa coronavirus ndetse umubare w’abari bamaze
Rayon Sports : Intambara y’Amagambo hagati ya Perezida Sadate n’uwahoze ari umucungamutungo w’iyi kipe Umuyobozi wa Rayon Sports Munyakazi Sadate abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter yasabye Leta y’u Rwanda
Samuel Eto’o na Didier Drogba mu burakari bukomeye basubije abashaka kugeragereza urukingo rwa Coronavirus muri Afurika Ibihangange 2 byagacishijeho mu mupira w’amaguru ku isi bikomoka ku mugabane w’Afurika Didier Drogba
Covid19:Dore uko mu Rwanda batangiye Icyumweru cya 2 cyo kuguma mu rugo (Amafoto) Turi mu cyumweru cya 2 reta y’u Rwanda ifashe umwanzuro wo gukangurira abaturage kuguma mu rugo mu
Muri iki gihe,isi yugarijwe na COVID-19,aho abantu bishyize mu kato,ukeneye ibikurangaza aho mu rugo,bigusetsa,bigutwara umwanya ukirengagiza amasaha-Reba Ikiganiro na Mateso kiragusetsa Mateso ni umuturarwanda ukomoka i Congo,akaba ari umukanishi,akorera i
Mu Rwanda,abanduye coronavirus bageze kuri 50,ntawe urembye Mu itangazo rya MINISANTE ryo kuri uyu wa kane tariki 26 Werurwe 2020 rivuga ko abanduye coronavirus hiyongereyeho 9 bagahita bagera kuri 50