Abagabo babiri baraye bafashwe barimo kubaga Imbwa ngo bazijyane ku isoko hanyuma abantu bazigure ku bwinshi mu rwego rwo kwizihiza iminsi mikuru. Aba bagabo bari basanzwe bakora akazi k’ubuzunguzayi ku
Abasore babiri bafatanwe amafaranga y’u Rwanda asaga miliyoni (1.185.000). Aya mafaranga birakekwa ko bari bamaze kuyiba umugore w’umucuruzi, ufite depo y’inzoga mu gasantere ka Munyinya ho mu Murenge wa Shyogwe
Dore amwe mu mafoto atangaje yerekana uburyo abantu bagenda bazana udushya buri munsi mu mibereho ya buri munsi aya mafoto yagiye acicikana hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga ifoto igaragaza
Umushakashatsi ku buzima bwo mu ishyamba witwa Gotz Neef yari aryamye mu ihema rye ahitwa Okavango Delta muri Botswana,aterwa n’intare ibinyamakuru bivuga ko yari ishonje niko kurwana nayo akoresheje ibipfunsi
Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), watangije gahunda yo gukwirakwiza inkingo zo guhangana na COVID-19 mu bihugu byose biwugize aho Perezida wa Komisiyo ya EU, Ursula von der Leyen, yatangaje ko
Twifashishije inama zitangwa na zimwe mu mpuguke ku bijyanye n’urukundo n’imibanire y’abantu, hanyuma tubakusanyiriza zimwe mu nama zagufasha igihe usanze uwo ukunda akunda abandi cyangwa se aramutse yarafashwe n’ubwo bigora
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi abantu bane barimo Paul Muvunyi, wahoze ari Umuyobozi w’Ikipe ya Rayon Sports, akaba n’umwe mu banyemari bakomeye mu gihugu. Amakuru dukesha IGIHE ni
umuforomokazi wo mugihugu cya Afurika y’epfo mu mujyi wa Pretoria Silidile Ntuli, akomeje gutungura benshi kubera kugaragaza imiterere y’ikibuno cye ndetse n’umubiri we . Uyu mugore usanzwe ukora akazi ko
Ikipe yo mu gihugu cya Kenya Gor Mahia fc iheruka gusezerera ikipe ya APR FC yo mu Rwanda ibintu ntago byayigendekeye neza na gahoro kuko mu mukino ubanza w’ijonjora rya
Umunyamideli ukomoka mu gihugu cya Nigeria witwa Jay Bugatti yamaze kubagwa hagamijwe guhindurirwa igitsina agahabwa igitsinagore igikorwa cyamutwaye agera kuri miliyoni icumi z’amadolari y’amerika Jay azwiho kwerekana imideli ndetse akaba
Ku mugoroba wo ku cyumweru gishize, Polisi ya Uganda i Fort Port, mu kabari kitwa Giraffe i Kisenyi, yaguye gitumo abantu benshi bivugwa ko barenga 80 bari bitabiriye ikirori cy’ubusambanyi.
Moussa Sandiana Kaba ni umugabo uzwi nka Grand P usanzwe ari n’umuririmbyi wa hip hop ufite imiterere idasanzwe,ku biro 25, ndetse uri mu urukundo n’umukobwa ufite ikibuno kidasanzwe upima ibiro
Umusore w’imyaka 35 mu karere ka Kicukiro mu murenge wa Busanza, yapfuye bitunguranye aho bikekwa ko yanizwe n’inyama yariye ku munsi mukuru wa Noheli. Amakuru avuga ko uyu musore yayari
Nubwo ukwemera kwabo kuba gutandukanye, yewe amadini yabo atemeranya n’aba krisitu kuri imwe mu minsi mikuru iba mu madini yabo, ariko ntibibuza abakinnyi batandukanye kwifatanya n’Isi yose kwizihiza Noheli, umunsi
Kuwa 26 Ukuboza 1985,ni bwo hamenyekanye urupfu rwa Dian Fossey, Abanyarwanda bitaga Nyiramacibiri yishwe n’abantu kuri ubu bataramenyekana. Dian Fossey yari umuhanga mu by’ibinyabuzima, yamenyekanye ku bushakashatsi yakoze ku
Kwambara neza ni kimwe mu bintu bituma umuntu agaragara neza kandi bihora bishakwa na benshi, iyo bigeze ku gitsina gore ho biba akarusho kuko bazwiho gukunda kugaragara neza imbere y’ababareba.
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane tariki ya 24 Ukuboza 2020, Umutoza wa Musanze FC, Seninga Innocent, yatawe muri yombi kubera kutubahiriza amabwiriza yo kwirinda icyorezo cya COVID-19,
Ahitwa Kondele mu Ntara ya Kisumu muri Kenya hafatiwe umwarimu wari aryamanye n’umukobwa yigishaga, bombi bari mu buriri bw’ababyeyi b’uwo mukobwa. Nyina w’uriya mukobwa yagaragaye mu burakari n’umujinya byinshi yabaye
Reba amafoto y’umugore w’umwirabura wubatse umubiri ku buryo butangaje ukomeje gutungura abatuye isi
Iris Floyd Kyle, umugore ufite amateka maremare mu guterura ibyuma biremereye na siporo ngororamubiri, yubatse umubiri ku buryo butangaje, yagiye yitabira amarushanwa akomeye atandukanye harimo Olympia Champion n’andi atandukanye. Iris
Aka gashya kabaye mu rukerera rwo kuwa Kane tariki ya 24 Ukuboza 2020 mu Mudugudu w’Akabeza mu Kagari ka Nyagatovu mu Murenge wa Mukarange mu Karere ka Kayonza. Muri uyu
Mu rwego rwo kwirinda ubucucike bwari buri muri Gare ya Nyabugogo bwashoboraga guteza ikwirirakwira rya #COVID19, Umujyi wa Kigali n’izindi nzego bafashe icyemezo cyo kwimurira aho abantu bajya mu ntara
Uyu mwaka wa 2020 wabaye mubi muri rusange kubera icyorezo cya COVID-2020. Ibi byatumye abantu benshi bahindura imibereho y’ubuzima kubera gushakisha imibereho. Bamwe mu byamamare tugiye kugarukaho ni abinjiye mu
Umuhanzi w’indirimbo zihimbaza Imana akaba n’uwita kubarwayi w’umunyarwanda ariko ukorera umuziki mugihugu cya zambia Muvunyi Innocent yashyize hanze indirimbo yise “Ihumure” Mukiganiro Muvunyi innocent yagiranye na Kigalilive.rw yadutangarije ko
Mu myaka yashize ibirori byo gusoza umwaka ni bimwe mu byizihizwaga cyane mu Mujyi wa Kigali ndetse hakabaho n’ibikorwa byo kurasa ibishahi mu kirere ibizwi nko kurasa umwaka, mu rwego
Umukobwa ufite imiterere itangaje yongeye ashavuza abagabo benshi ubwo yagaragaraga mu muhanda yikoreye akabase karimo ubunyobwa yagendaga acuruza yambaye agakanzu kagufi kamufashe. Uyu mukobwa wari wambaye akaganzu keza cyane k’ibara
Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru, RBA cyasezeye Tidjara Kabendera wari umaze imyaka 18 agikorera, kivuga ko yakoranye ubwitange n’ubushishozi mu kazi ke yubakiyemo izina, yunguka umuryango mugari wamuteye imbaraga mu bihe bitandukanye.
Icyamamare ku mbuga nkoranyambaga, Umunyamidelikazi, umunyamakuru kuri Televiziyo, Kim Kardashian yatangaje ko yifuza kohereza amadorari 500 kuri buri muntu wese wubahirije ibyo yasabye mu rwego rwo gufasha abantu 1000 bamerewe
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko abantu bagera kuri 569 bamaze kuburira ubuzima bwabo mu mpanuka zo mu muhanda,ariko muri rusange zikaba zaragabanutse cyane ugereranyije n’umwaka ushize, ahanini bitewe n’igabanuka ry’ingendo
Umuhanzikazi ukomoka muri leta zunze ubumwe z’amerika Jordin Sparks yatangaje ko mu Rwanda ariho hantu ha mbere hamunyuze kandi akunda cyane kurusha ahandi hantu hose ku isi Abicishije ku rukuta
Mu ijoro ryo kuwa gatatu w’icyumweru turi gusoza nibwo umwana w’umukobwa uzwi nka Minette yasanzwe mu kizu kitaruzura ameze nabi yenda gupfa,yahise ajyanwa kwa muganga igitaraganya ariko nyuma y’amasaha macye