Umuhanzi w’icyamamare akaba n’impirimbanyi ya politike mu gihugu cya Uganda Robert kyaguranyi Sentamu uzwi nka Bobi wine,yatangaje ko yagewe n’abapolisi benshi iwe mu biro bye aho akorera bagatwara byinshi mu
Umugore w’imyaka 39 yatawe muri yombi na polisi yo mu mujyi wa Millan.Uyu mugore yakoreraga kardinali Becciu umwe mu bakomeye unaherutse kwegura nyuma yo gushinjwa kunyereza umutungo wa Vatican kwa
Iyo bavuze imikino ikunzwe ndetse inarebwa n’abantu benshi ku isi uretse umupira w’amaguru abenshi batekereza umukino wa basketball .Uyu mukino waraye uhaye ibyishimo abakunzi bawo muri leta zunze ubumwe z’Amerika
Mu gihugu cya Nigeria hari hamaze iminsi imyigaragambyo y’abaturage bamagana agatsikonk’abapolisi bari bamaze igihe abarasa abantu nta mpamvu ,gusa ubu nkuko bitwanganzwa n’abakuriye igipolisi muri iki gihugo,ako agatsiko kitwa SARS
Ni inkuru idasanzwe aho abadepite bo mu gihugu cya Kenya bagiye gufata ikiruhuko bakajya gufata video babyina indirimo yitwa jerusalema ikunzwe cyane muri iki gihugu. Ibi byatangajwe n’umwe mu bahagarariye
Igihugu cya Korea ya Ruguru gikomeje kugaragaza ubushongore n’ubukaka bwacyo mu gukora ibitwaro bya karahabutaka kurusha ibindi bihugu byo mu isi ,ubu iki gihugu kiri mu myiteguro ihambaye yo kumurikira
Perezida wa leta zunze ubumwe z’amerika Donald Trump nyuma y’uko yanduye covid 19 akajyanwa mu bitaro akavanwamo kuwa mbere w’iki cyumweru,ubu yatangiye imirimo ye nkuko bisanzwe muri white house .
Icyamamare muri muzika yo mu karere ka Afurika y’iburasirazuba Harmonize uzwi nka Konde boy yatangaje ko mbere y’uko uyu mwaka urangira arashyira hanze album nshya ya kabiri nyuma y’uko nubundi
Igihugu cya Singapore ni kimwe mu bihugu bifite ubukungu buhagaze neza ku isi dore ko cyakataje mu ikoranabuhanga gusa muri iki gihugu hari impungenge z’uko ababyeyi bazahagarika kubyara bitwaje kuba
Umwalimu umwe wo mugihugu cy’ubufaransa witwa Sylvain Helaine w’imyaka 37 yakuwe ku mirimo ye yo kwigisha nyuma y’uko ababyeyi b’abana yigishaga bagaragarije ko baterwa ubwo n’ibishushanyo uyu mwalimu yashyize ku
Donald Trump uyobora leta zunze ubumwe z’Amerika yavuye mu bitaro mu buryo bwihuse cyane asubizwa muri white house gukomeza kuvurwa icyorezo cya coronavirus yari amaze iminsi yanduye. Trump akigera muri
Umuhanzi w’icyamamare David Adedeji Adeleki uzwi cyane mu muziki nka Davido yatangaje amagambo akomeye yiyama abahanzi barimo Wizkid na Burna Boy ngo bashatse kumuzimya bakamwitambika ngo adatera imbere mu gihugu
Umugore umwe mu gihugu cya kenye yarezwe mu nkiko azira kwanga gusubiza amafaranga angana Sh70,000 yoherejwe ku bw’impanuka akayobera kuri telephone ye. Uyu mugore wajyanwe mu nkiko n’uwitwa Titiya Bonaya
Ikibazo cya Rafiki Mazimpaka uzwi nka Rafiki gishingiye ku makimbirane yagiranye na producer Jay P biturutse ku ndirimbo “igikobwa remix” yakuwe kuri youtube bisabwe na jay p ubwe. Rafiki wamamaye
Mu mezi make cyane umwana muto w’umukobwa Zuhura Othman Soud wamamaye nka ‘Zuchu’,ubarizwa muri label ya wasafi ya Diamond Platinumuz amenyekanye, se umubyara yagaragaye mu itangazamakuru avuga ko uyu ari
Kuva muri Werurwe uyu mwaka amashuri yarafunzwe mu rwego rwo gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya coronavirus mu Rwanda, bitangazwa ko azasubukura muri Nzeri gusa siko byagenze benshi bibazaga ikizakurikiraho ariko igisubio
Mu burakari bwinshi umusirikare yarashe abakobwa 2 b’ibizungerezi abasanze birira pizza bahita bapfa
Umusirikare ukomeye mu gihugu cy’Uburusiya yemeye kumugaragaro icyaha cyo kwica abakobwa 2 b’inshuti bose abasanze ahantu hamwe barya pizza,avuga ko yabitewe n’uko yagiye ahohoterwa akiri muto. Uyu musirikare yitwa Alexey
Ni inkuru y’akababaro yakwiye ku isi hose aho mu gihugu cy’ubushinwa umusore w’imyaka 22 witwa Huang Mouyang yatawe nuri yombi na polisi azira kwica ababyeyi be bombi biturutse k’ubwumvikane buke
Umuhanzi ukomeye uzwi na benshi mu muziki wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika yahishyuye byinshi ku buzima bwe benshi baratungurwa.ibi byasohotse mu gitabo aherutse gushyira hanze aho avuga byinshi abafana be