Abazaba batwite n’abonsa muri iyo minsi bazabona ishyano”
Nubwo muri rusange abantu benshi bagiye bahindura uko babagaho biturutse ku ngaruka za COVID 19 ibi bigatuma abantu birebaho cyane ,gusa na none ntibyari bikwiye ko ubuzima n’imibereho by’impunzi bwirengagizwa
Turetse ko Covid-19 ari ikibazo cy’ubuzima , hari ikindi Kibazo cyagiye kizira mu buryo bwo guhangana nayo ndetse kikaba gishobora kubamo n’ibyaha kuko hagaragaramo kurenga ku mategeko y’igihugu yatowe akemezwa
DORE UKO WABITUNGANYAMO IKIRUNGO KIBIKWA KIKAMARA IGIHE KIREKIRE GUTUNGANYA IBITUNGURU: Ni gute watunganya ibitunguru hakavamo ikirungo kibikika igihe kirekire Intambwe esheshatu zoroshye kandi zihendutse mu gutunganya ibitunguru hakavamo ikirungo kifashishwa
ITA KUBYO WUBAKISHA UMUBUBIRI WAWE hitamo ibuye rikomeza imfuruka. Amatunda ni urubuto rutangaje cyane kuko rufite umumaro munini cyane ku buzima bw’umuntuAmatunda cg passion fruit mu cyongereza n’urubuto rw’ubushake ndetse