Imvuvu nubwo benshi bakeka ko zizanwa n’umwanda ariko buriya sibyo nkuko twabibonye zishobora guterwa n’uruhu rwumagaye, indwara y’uruhu yitwa seborrheic dermatitis, imiyege iba yabaye myinshi ku ruhu rwo ku mutwe
Ibinure ku nda, ni bimwe mu binure bibi cyane ku mubiri kuko bigira ingaruka mbi ku buzima muri rusange, akaba ari nabyo bitera indwara ziterwa n’imihindagurikire mu mikorere y’umubiri nka
Burya kuruka uri mu rugendo ni indwara abantu benshi bakunda guhura nayo, ikaba iterwa no kugenda uhindura aho wicaye cg uhagaze mu gihe runaka, cyane cyane igihe ugenda n’imodoka, indege
Gukuramo Inda: Sobanukirwa neza igitera inda kuvamo nuko wabyitwaramo Burya Gukuramo inda bivugwa igihe cyose umwana wari uri mu nda asohotse hatarashira ibyumweru 20 (ni ukuvuga utarageza ku mezi 5
Kwishimagura mu Gitsina kubagore: dore uko wabyirinda. Iyi ndwara irangwa no kwishima mu myanya y’ibanga ku bagore ni indwara iterwa n’uko utunyabuzima duto two mu bwoko bw’imisemburo (yeast) twitwa candida
Niba ukeka ko wanduye indwara zandurira mu gutera akabariro dore ibyagufasha Indwara zo mu myanya ndangagitsina Ubundi ahanini indwara zo mu myanya ndangagitsina zandura mugihe hakozwe imibonano mpuzabitsina. Indwara
Benjo-Harris: umuhanzi nyarwanda yashyize hanze indirimbi nshyashya yo gususurutsa abantu muriyiminsi ya Covid-19. Benjo-Harris umuhanzi mushyashya muruhando rwa muzika nyarwanda yaje azanye indirimbo yise Dufate Risk(High ni High) yayikoranye na
Uko warinda iminwa yawe gusaduka no kumagara. Kuma cyangwa gusaduka iminwa bikunda kuza akenshi mu gihe cy’izuba, ukabona iminwa yasataguritse, rimwe na rimwe hakava n’amaraso. Gusa hari nabo bibaho akarande
Sobanukirwa neza indwara y’ibiheri byo mu maso cg Ibishishi Ubundi ibiheri byo mu maso, ni indwara abenshi bakunze kwita ibishishi (acne vulgaris) ni indwara ikunze kwibasira cyane uruhu, aho itera
Uko wakwirinda kugira ibyuya bikabije Imiti yo kubira ibyuya bikabije ikoreshwa mu kuvura iyi ndwara , twayishyira muri ibi byiciro 2: Iyo ushobora gukoresha ubwawe Iyo wandikirwa na muganga
Umugore: dore ibyagufasha kwegeranya igitsina nyuma yo kubyara Iyi ni imwe mu ngorane abagore bamwe bahura na zo nyuma yo kubyara ni ukubwirwa n’abagabo babo ko mu gutera akabariro
Ese wakora iki niba ushyukwa umwanya munini ugatonekara Gushyukwa igihe kinini ni ikibazo kiba ku bantu b’igitsina gabo benshi cyangwa bose mu buzima bwabo bw’imyororokere. Hari abajya bavuga ngo gushyukwa
Ese kuki abagabo babyuka igitsina cyafashe umurego? Ubundi umuntu wese w’igitsina gabo iyo adafite uburwayi bumutera kudashyukwa, iyo aryamye cyane cyane nijoro arashyukwa. Nubwo tubibona iyo dukangutse nyamara ubushakashatsi bwerekana
Menya uko wahangana no kudashyukwa neza. Washatse umugore wishimiye ndetse mwakoraga imibonano bikagenda neza. Ariko nyuma bigize bitya ugize ikibazo wajya gutera akabariro wakishaka ukibura wanibona bikaza ari amazinga ukibaza
Kudidimanga: menya byinshi kuriyi ndwara Ubundi mu buzima busanzwe, hari abantu usanga iyo bagiye kuvuga bibagora cyane ndetse bajya kuvuga bakabanza kurwana n’amagambo umwanya munini, ijambo ryanze gusohoka ndetse ryanasohoka
Gutukura amaso: Dore impamvu zibitera n’uko wabivura Wari wireba mu ndorerwamo ukagirango amaso uri kureba si ayawe? Ugasanga arasa n’ikinyomoro nkuko bikunda kuvugwa maze abantu bakakubaza ubwoko bw’itabi usigaye unywa.
George Stinney: Umwirabura muto wakatiwe urwo gupfa mu mateka ya vuba ya USA. George Stenney, ni izina rizakomeza kwibukwa cyane mu mateka y’ubutabera bwa amerika Uyu ni umwana w’imyaka 14
Wabwirwa niki igitsina cy’umwana utwite mbere y’uko ujya kwa muganga? Dore uburyo 7 bwabigufashamo. Kwa muganga hari uburyo bukoreshwa bwa ultrasound ukaba wamenya igitsina cy’umwana uzabyara. Hagati y’ibyumweru 16 na
Ese Wari uzi ko amarangamutima yawe agera ku mwana mu gihe utwite? Umubyeyi wese utwite burya ngo akwiriye guhorana ibyishimo igihe icyo ari cyo cyose kubera ko imyitwarire ye igera
Burya Sibyiza kubuza umwana muto kurira. Hari ababyeyi babuza abana babo kurira mu gihe bakangutse nka n’ijoro, nyamara ngo hari ibyo babahungabanyaho mu mitekerereze n’imikorere y’ubwonko bwabo. Mu gihe ngo
Nigute wamenya Umugore uryoshya akabariro urebeye ku minwa afite? Akenshi abagabo usanga baganira hagati yabo bavuga ibiranga umugore mwiza mu buriri cyangwa bamwe na bamwe ugasanga babyibazaho, aho usanga hari
Menya byinshi kuri Jaundice ikunze kwibasira impinja. Iyi Jaundice Nubwo twayita indwara, ariko jaundice ubundi ubwayo si indwara ahubwo ni ikimenyetso cy’uko mu mubiri bitagenda neza. Jaundice ubundi ni cyagihe
Imico mibi umukobwa yagira igatuma umusore bakundana amuzinukwa burundu. Ubusanzwe iyo abantu bakundana by’ukuri birinda kubabazanya byahato na hato. Dore ibintu bimwe na bimwe abakobwa bisanga bakoze bibabaza abakunzi babo
Dore isaha nziza ku Mugabo ushaka gutera inda umugore we. Abashakashatsi ku bijyanye n’imyororokere bamaze igihe bashaka igihe nyacyo cyatuma umugore atwara inda byoroshye bemeza ko buriya mu masaha ya
Amafoto:Umugabo ufite igitsina kinini ku isi Umunya-Mexique Roberto Esquivel Cabrera uzwiho kuba ari we ufite igitsina kirekire ku Isi, yanze ko bakigabanya, avuga ko kimushimishije bitewe n’uko nta wundi muntu
Dore ibitera Umugabo kugira igitsina gito nuko ashobora kubirwanya Henshi ku isi usanga hari abagabo bafite ibibazo bitandukanye byo gutera akabariro ngo bishimane n’abo bashakanye ndetse ugasanga ibi bigira ingaruka
Menya Inkomoko y’amavangingo n’ibiyagize byose Mu bihugu binyuranye cyane cyane muri Afurika hakunze kumvikana umuco witwa kunyaza. Ibi ni mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina aho bigera umugabo ntiyinjize igitsina mu cy’umugore
Tungurusumu: Ese Ibyo Bayivugaho Byose Nibyo? Hari Bimwe mu bimera bitandukanye bikunze kuboneka hirya no hino yaba ku masoko, ibyo abantu bihingira ndetse babasha kubona ku buryo bworoshye bishobora kuvamo
Ese Ni ryari Utemerewe Kunywa Tangawizi? Tangawizi isangwa henshi cyane cyane mungo zacu ndetse tuyifashisha cyane mu kwivura indwara zimwe na zimwe ariko nubwo igira akamaro kanini hari abantu batemerewe
Sobanukirwa ibara ry’inkari, inshuro wihagaritse ku munsi n’impumuro yazo hari icyo bivuze ku buzima. Ese inkari zisa gute? Ubusanzwe inkari zigira ibara risa n’umuhondo wererutse, gusa iyo mu mubiri harimo